Inkoko kazi

Muganga w’abarwayi bo mu mutwe yagiye indera gupima abarwayi ashaka kureba abashobora kuba barorohewe, ni uko arababwira ati “Mwese uko muri aha muri inkoko.”; ngo babite mu gutwi, abasazi bose batangira kubika nk’amasake, ariko umwe muri bo ariyicarira ntiyagira icyo akora, muganga agirango we ashobora kuba yakize aramubaza ati “ko wowe wicaye aho?”; undi ati “Erega ngewe ndi inkoko kazi ubu ndaraririye.”

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.