Menya izi mpamvu zituma abagore bamwe barira bidasanzwe cyane bakaba banahogora mugihe bari gutera akabariro n’abakunzi babo

Mukubagezaho iyi nkuru igaruka ku mpamvu zitera bamwe mu  bagore kurira igihe bari mu gihe cyo gutera akabariro , ugomba kubanza ukamenya ko iki gikorwa kiryohera bamwe abandi kikababahira , kuburyo hari umuntu utera akabariro akarutwa n’uwabyihoreye. Ahanini ibi bigaterwa n’uko hari igihe mu gutera akabariro usanga umugabo atitaye ku marangamutima y’umugore we bikamuviramo kurira agahogora cyangwa se bigaterwa n’izindi mpamvu ziri muzo tugiye kurebera hamwe.

1.Kuruhuka

Hari ubwo umugore arira cyane bitewe n’amarangamutima menshi afite bityo akarira ayo kwishima.Mu by’ukuri uku kurira ntabwo ari ukurira gusanzwe , ahubwo ni ijwi risohoka mu buryo bw’amarangamutima.

2.Gufasha uwo bari kumwe.

Ibi bisobanurwa nko gufasha uwo bari kumwe mu rukundo kugira ngo nawe ajye muri mood n’ubwo iyi ngingo akenshi itajya ikora.

3. Ahahise.

Hari ubwo umugore arira cyane ,akabigira umuco mbese umugabo agatekereza ko ari ibyishimo nyamara umugore abiterwa n’amateka y’ahahise.

4. Ikibazo giterwa n’imisemburo.

Mu by’ukuri kurira kumugore ari gutera akabariro bituruka kumpamvu zitandukanye zishobora kuba nziza cyangwa mbi.Bimwe kuri ibi , hashobora no kuzamo ko umugabo atarimo kwita kumarangamutima ye , bityo akaba yamukoresha imibonano mpuzabitsina atamuteguye neza.

Source: Fleekloaded.com

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.