Michael Sarpong yamaze kwirukanwa na Rayon Sports

Rutahizamu w’umunya-Ghana Michael Sarpong wakiniraga Rayon Sports amaze kwirukanwa, ashinjwa ibyaha birimo gutuka Perezida wa Rayon Sports

Ku munsi w’ejo ni bwo twanditse inkuru yavugaga ko uyu rutahizamu yandikiwe na Rayon Sports asabwa ibisobanuro ku makosa atatu yashinjwaga, hadaciye amasaha menshi ikipe ya Rayon Sports yahise ifata umwanzuro wo kwirukana burundu uyu mukinnyi.

Michael Sarpong yamaze kwirukanwa muri Rayon Sports

Michael Sarpong yamaze kwirukanwa muri Rayon Sports

Michael Sarpong wageze muri Rayon Sports mu mwaka w’imikino ushize, yagombaga kurangiza amasezerano ye muri iyi kipe mu kwezi kwa 10/2020, akaba ari umwe muri ba rutahizamu bari bahagaze neza muri iyi shampiyona kuva yagera mu Rwanda.



Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.