Mu mwambaro w’agatamboro gato gahishe ku myanya y’ibanga Nyambo Jesca yongeye gutuma barabya indimi n’ubwo hari abari kumucyurira ubwiza bwe (Amafoto)

Agishyira hanze aya mafoto umunyarwandakazi umaze kwamamara muri filime z’uruhererekane ndetse akagaragara no mu ndirimbo z’ibyamamare yongeye gushyira hanze andi mafoto yavugishije abantu ibyo twakwita amangambure , maze bamwe bamurata ubwiza abandi bamuha urwamenyo bamucyurira baganisha ko yiratana ubwiza bwe.

Ubwo yashyiraga hanze aya mafoto abinyujije kuri instagram ye yambaye aka gatambaro bigaragara ko indi myambaro yari yayikuyemo akikinga aka ngo gahishe ku myanya ye y’ibanga , n’ubundi nk’ibisanzwe abenshi bayakiranye ubwuzu doreko baba bumva yabereka n’imyanya ye y’ibanga kubera irari abatera , gusa abandi nabo ntibahwemye kumucira akatari urutega bavuga ko ‘umubiri wiratana ari ubusa’.

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.