NDAGISHA INAMA: Umugore wanjye nsigaye nkeka ko ari umutinganyi cyangwa akaba yarampaze / Aba ahunga ko tubikora byanaba akarangiza ari uko yifashishije intoki ze akaninyaza

Kuva nabyarana n’umwana wambere n’umugore wanjye ibintu byarahindutse kuburyo nsigaye mbona atakiyumvamo uburyohe bw’imibonano igihe turi gutera akabariro , ibyo bigatuma nkeka ko yaba yaragabanyije uko yiyumvamo abagabo cyangwa akaba anca inyuma kubo bakorana agataha yabihaze , n’ubwo we mubaza impamvu akambwira ibindi.

Umukunzi w’ikinyamakuru babitimes.com yatwandikiye ubutumwa bugisha inama kubibazo bimukomereye afite mu muryango we biri kumurenga kuburyo asigaye yumva hari ibyemezo bimwe na bimwe bidahitse yakora.

Atwandikira uyu mugabo w’umwana umwe ukiri uruhinja yagize Ati: “Mbere na mbere mbasabye ko mwanyihanganira kuba ntari bukoreshe amazina yanjye cyangwa ngo ngaragaze ayu uy’umugore wanjye.

Umugore wanjye twamenyanye cyera tumara igihe kinini dukundana gusa hakajya hacamo bimwe bisanzwe byo gutandukana kwa hato na hato ariko hashira iminsi tukongera tugasubirana doreko yari yarambwiye ko uko byagenda kose arinjye akunda kandi atazatuza tutabanye.

Igihe cyarageze nk’uko byari mu nzozi ze kandi abinyereka mu buryo bwose bushoboka , nanjye mbonako ntabanye nawe nazicuza kuba narahombye umugore unkunda cyane , mfata umwanzuro wo gushinga urugo nkaba umugabo uhamwe , maze turasezerana mu mategeko ubundi turabana turanabyara kuko ubu dufite akana keza kakiri agahinja.

Agitwite yansabaga ko dukora imibonano cyane maze namjye ndahaba mu buryo bushoboka bwose akabariro nkajya nkatera nivuye inyuma , gusa igihe kiragera aza kubyara maze ntegereza ko yongera gusubirana neza agakira tukongera tukajya tubikora neza nk’uko byabaga biryoshye kuva na mbere tukiri abasore n’inkumi.

Nashatse gutegereza ngo we ubwe azanyereke ko ameze neza twakongera tukajya tubikora hagashya nk’uko byagendaga mbere , ariko uko nabitekerezaga siko byagenze , ahubwo uko iminsi yagendaga yicuma yagendaga anyereka ko nta gahunda afite yo kuba akeneye ko tubikora.

Nafashe umwanzuro wo kujya mwegera nkagerageza kubimushyiramo mu buryo butabaga bworoshye kuko nageragezaga kumukorakora nko ku matwi cyangwa ahandi hose hatera ubushagarira ariko nkabona arwana no kunyiyaka , gusa akageraho akabyemera ariko akenshi ugasanga mu gitsina hanze koroha nareba nkabona ntanibyiyumvo by’igikorwa turimo afite bikarangira ntishimye kubera kumera nk’uwari uri ku gipupe kandi yashaka no kurangiza akijomba intoki akaninyaza bitandukanye n’uburyo mbere ari njye wamunyazaga nkoresheje igitsina.”

Uyu mukunzi wa BABITIMES.COM asoza abasaba kumugira inama agira Ati: “-Ese mbigenze ko iyo mubajije ikibimutera ambwira ko ari umunaniro kandi mu bundi buzima busanzwe mbo asifite?

-Ese ko igitsina cyanjye kitagabanyutse haba mu ngano ndetse no mu bushobozi bwo gutera akabariro n’iki gituma asigaye aryoherwa akarangiza akaninyaza ari uko akoresheje uburyo bw’intoki ze kandi mukozaho izanjye akambwira ko ari kubabara?

-Ese ibi biri kumbaho bishobora gutuma urugo rwanjye rusenyuka tugatandukana kandi amfitiye akana nkunda cyane nawe nkaba mukunda kurusha mbere akiri umukobwa ndetse nawe akaba akimbwira ko ankunda?

Mbigenze Nte?”

BAKUNZI B’IKINYAMAKURU BABITIMES.COM TURAGUSABA KUDUSHYIGIKIRA UGAKANDA HANO MAZE UKORE FOLLOW NA LIKE KURI FACEBOOK PAGE YA BABI TIMES KUGIRANGO AMAKURU AJYE AKUGERAHO MBERE AKIRI MASHYA 
BAKUNZI B’IKINYAMAKURU BABITIMES.COM TURAGUSABA KUDUSHYIGIKIRA UGAKANDA HANO MAZE UKORE FOLLOW NA LIKE KURI INSTAGRAM YA BABI TIMES KUGIRANGO AMAKURU AJYE AKUGERAHO MBERE AKIRI MASHYA
Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.