Ndashaka Inkuba

Umwanaw’umukobwa yigaga mu kigo cy’ababikira ariko akaba yarikundiraga inyama cyane nuko umunsi
umwe arirwaza. Ma soeur
mukuru amubaza icyo yumva
ashaka gufungura nuko
umwana aramubwira ati
“ndumva nshaka inkuba”!
Umubikira arumirwa arumubaza
ati urumva twayikurahe?
Umwana ati “basi mupfe kumpa
isake nayo isa nk’inkuba
ndihangana mpfe kugerageza!!”

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.