Ngaya Amafoto y’umunyrwandakazi Dj Sonia wa RBA wabunuje akajya mu mubare wabambariye ubusa muri Arena / Ikibuno cyose hanze abantu bumiwe!

Mu gitaramo cya Giants of Africa cyabereye muri BK Arena gisoza iri serukiramuco ryari rimaze iminsi ribera mu Rwanda , umunyarwandakazi umaze kugenda akundwa na benshi binyuze mu mwuga we wo kuvanga imiziki , ndetse abandi bagakururwa n’imiterere y’uyu mukobwa ukora mu RBA , Imyambarire ye yaramutamaje maze akajipo kagufi yari yambaye kavaho hasigara hagaragara ikibuno gusa.

Ibi byaje kuvugisha abantu benshi , uretse ko nawe ubwe yumiwe kubera ukuntu byakiriwe nabantu , maze abinyujije kuri twitter ashyiraho ifoto ye arenzaho amagambo agira ati: “Muravuga Mana.” Nifoto yashyizeho imugaragaza ameze nk’uwumiwe koko, n’uko abantu barakomeza barivugira.

Uyu mukobwa amaze iminsi ari kuvugwa cyane mw’itangazamakuru ndetse no mu mbuga nkoranyambaga muri rusange nyuma y’uko afashije Juno Kizigenza kurubyiniro , maze agasimbura Ariel Wayz bagasusurutsa abarundi.

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.