Ngoma: Polisi yafashe ukekwaho kuba mu gikorwa cyo kurasa umuturage

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umupolisi uvugwaho kuba mu gikorwa cyo kurasa umuturage witwa Nsengiyumva Evariste wo mu Murenge wa Zaza mu Karere ka Ngoma.


Uwarashe Nsengiyumva yabikoze ku Cyumweru tariki 30 Kanama 2020 ahagana saa mbili n’igice z’umugoroba mu gikorwa cyo kugenzura uko amabwiriza yo kwirinda COVID-19 yubahirizwa.

Polisi ibinyujije kuri Twitter yatangaje ko iperereza ryahise ritangira kugira ngo hamenyekane impamvu nyakuri yatumye uwo muturage araswa.

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.