Nitumye mpagaze

Umugabo yasokanye n’umugore we mu kabari, maze bamaze gusinda nyamugabo akenera kujya muri toilet(umusarane), madamu amuha akaradio kuko yarasanganywe akabazo ko gutindayo. aho agarukiye madamu aramubaza ati “byagenze neza se cheri?!!”

Undi nawe ati “wapi sha aba basenzi uzi ibyo bankoreye? banshiriyemo indirimbo y’igihugu ubu nitumye mpagaze!!”

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.