NTIBISANZWE: Nyuma yo gukorakorana kwifata bikanga basambaniye mu ndege abagenzi bose bareba

Imbere y’imbaga y’abagenzi benshi bari bari mu ndege ya British Airways  , umugabo n’umugore bafashwe amashusho bari gusambana bose babireba nyuma yo gukorakoranaho maze kwifata bikanga.

Aya mashusho atangaje yafatiwe mu ndege yavaga i Heathrow mu mujyi wa London yerekeza i Dublin mu cyumweru gishize, yerekana umugore ari gukorakora umugabo we munsi y’igitambaro.

Farrah, ufite imyaka 26,umwe mu bagenzi bari muri iyi ndege yari hamwe na mama sd na murumuna we,ubwo yafata amashusho y’aba bombi.

Uyu mukobwa yavuze ko ubwo yahindukiraga areba murumuna we aribwo yabonye aba basambana mu ndege. Yagize ati:’Bakomeje [kubikora] gusa, byari biteye isoni kuko mu ndege hari abana. Hari umwana wagendaga washoboraga kubibona.Byari biteye ishozi mu by’ukuri.”

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.