Perezida Kagame yakoreye uruzinduko muri Ethiopia (AMAFOTO)

Perezida Paul Kagame yakiriwe na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Dr. Abiy Ahmed, nyuma yo kuva mu Bufaransa aho yari yitabiriye inama ku ikoranabuhanga ya VivaTech.

Perezida Ahmed ubwo yakiraga Perezida Kagame

Perezida Ahmed ubwo yakiraga Perezida Kagame

Uru ni rwo rwari uruzinduko rwe rwa mbere muri iki gihugu, kuva aho uwayoboraga Ethiopia Hailemariam Desalegn aviriye ku mirimo ye.

Ethiopia ni kimwe mu bihugu bifitanye n’u Rwanda umubano wihariye.





Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.