Perezida Kagame yishimiye kubona umwuzukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko kuva ku Cyumweru tariki ya 19 Nyakanga 2020, umuryango we wishimiye kuba babonye umwuzukuru.

Ange Kagame na Bertrand Ndengeyingoma bashyingiwe muri Nyakanga umwaka ushize

Ange Kagame na Bertrand Ndengeyingoma bashyingiwe muri Nyakanga umwaka ushize

Mu butumwa yanyujije kuri twitter, Perezida Kagame yagize ati “Kuva ejo hashize, tunejejwe no kugira umwuzukuru. Turabashimiye A&B (Ange na Bertrand)”.

Umuryango wa Perezida Kagame ubonye umwuzukuru nyuma y’igihe kigera ku mwaka umukobwa wa Perezida Kagame ari we Ange Kagame ashyingiranywe na Bertrand Ndengeyingoma.

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.