Reba Amafoto 10 y’umukinnyikazi wa filime wiyambika ubusa abitewe no kuba yibonamo ubwiza / Dore uburyo yisobanuye avuga ko bikunze yajya anagenda mu muhanda ntanikariso

Birasekeje ibisubizo umukinnyikazi wa filime akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru Efia Odo yatanze ubwo yasobanuraga impamvu akunda kugaragara yimbise ubusaho igice atikwije yerekana bimwe mu bice bye by’ibanga n’umubiri we wose hanze , akaba ari nawe ubwe uyishyirira ku mbuga nkoranyambaga.

N’ubwo rimwe na rimwe hari amafoto ashyira hanze abantu bakabona ko yambaye ubusa buri buri ntagisigaye yahishe akaba ari nako babifata , kuri we uyu mukobwa ntiyemera ko aba ari ubusa buri buri ahubwo yambara ubusa ho igice , ndetse yongera ho ko nawe ubwe yishimira akanakunda kwibona yambaye ubusaho igice.

“Ntago nambara ubusa , niyambika ubusa ho igice , kandi uko niko nteye. Iyo mbyutse mugitondo numva nshaka kwambara nkikwiza , ndambara nkikwiza. Nimba nsha kutikwiza nkambara ubusa ku bice bimwe na bimwe , ndabyuka nkiyambarira bikini kuburyo bishoboka nanatembera ku muhanda ariko nambaye , gusa ntibinshobokera kuko ndi muri Ghana” Nibyo yatangarije ikinyamakuru Purse chat .

Uyu mukobwa w’icyamamare muri sinema Efia Odo yakomeje agira Ati: “Kubw’ibirango bindanga , Ntekereza ko aribyo bimpa umusaruro kuko abantu bakunda ndetse bakanishimira kumbo nambaye ubusa , nanjye ubwanjye nsigaye nkunda cyane kwibona ntambaye”

“Ntekereza ko iyo nza kuba mbyibushye ntari kujya nkora nk’ibyo nkora ngo nambare ubusa kukarubanda , none ubu mfite umubiri mwiza uryoheye ijisho , ubwo urumva ari iyihe mpamvu yatuma ntawerekana ngo bambone”

Efia Odo ntaterwa isoni no kuba hari ababona imyanya ye y’ibanga kuko akunze gusyira hanze amafoto agaragaza amabere ye ari hanze y’imyambaro , yewe akaba ajya yigaragaza yambaye n’ikariso z’utugozi kuburyo ntacyo iba ikinze ku gitsina cye .

Dore amwe mu mafoto ye akunze gushyira kukarubanda yambye uko yaramutse yumva abyifuza nk’uko abyivugira.

 

 

 

 

 

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.