Reba Amafoto 20 y’ubwiza n’imiterere ya Alba umukinnyikazi ukomeje kuvugisha benshi amagambo arimo ‘jtm , Beutfull, sexy , luv u’ n’ibindi / Akinira Amavubi na APR W VC

Muri iyi minsi hakomeje kuvugwa ibijyanye na siporo biri kugenda bigaragaramo udushya n’udukoryo twinshi tugiye dutandukanye turimo nk’amakipe ya APR FC yatwinzwe ibitego 7 ibipfunyikiwe na Pyramids , Rayon Sports FC nayo yasezererewe mu maso y’abafana bayo ,kandi nanone mu bagore ikipe y’igihugu nayo yahuye n’umurundo w’ibitego biviramo uwari umutoza kwirukanwa ndetse no muri Volley Ball mu gihe amarushanwa akomeza ikipe ya APR Women VC ikinamo Alba ikaba iri kwitwara neza , dore ko ari nayo ibitse igikombe giheruka.

Uyu mukobwa witwa Uwiringiyimana Albertine uzwi kw’izina Alba n’umwe mu bakinnyikazi bakomeje kwitwara neza haba mu marushanwa ikipe y’igihugu iherukamo ya Afurika ndetse no muri APR W VC iheruka gutwa igikombe.

Habanje gusohoka amafoto y’aba bakobwa bakinira Amavubi bari kwishimira insinzi maze atuma abantu benshi batangira kubagarukaho , gusa ahanini abenshi bagaragaye bivugira kubijyanye n’ubwiza ndetse n’imiterere yabo.

Uyu mukobwa witwa Alba n’umwe mubagarutsweho cyane , maze bituma abantu benshi bifuza no kumumenya mu buzima busanzwe , akaba ari no muri ubwo buryo babitimes.com yashakishije hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga tugakusanya amafoto y’uyu mukobwa w’ubwiza n’imiterere byakuruye benshi bakamukunda nk’uko byagiye bigaragara ku magambo bagenda barenza ku mafoto ye.

Reba amafoto 20 yose agaragaza uyu mukobwa n’uko aba abayeho mu buzima busanzwe iyo yifotoje atari mu kibuga:

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.