(REBA AMAFOTO) Tiwa Savage muri mini hafi yo kwerekana ibiri hagati y’amagura/ Tyla wasaga n’utambaye yazunguje ikibuno bifata kumunwa / Reba ubwiza n’imyambarire y’abakobwa bose bari bari muri BK Arena kuwa gatandatu

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19 Kanama muri BK Arena habereye igitaramo cy’imbaturamugabo cyarangiye hakibona , maze hagaragara udushya twinshi turimo n’imyambarire y’abakobwa bari bahaje haba abahanzi , abafana ndetse n’abandi bari bafitemo ibyo bakora.

Aya rero n’amwe mu mafoto twabajonjoreye agaragaza imyambarire y’abakobwa bari baje muri iki gitaramo cya African Giants cyahuriyemo abahanzi nka Davido ,Tiwa Savage , Tyla , ndetse n’umunyarwanda Bruce Melodie basusurukije abantu kakahava.

Uwo bamwita Makeda yarimo akora nka MC , uko akaba ariko yari yambaye

Abari muri iki gitaramo biboneye neza imiterere ya Tiwa Savage wari wmbaye akajipo kagufi kuburyo hari ubwo yanyeganyegaga abantu bakibonera akenda k’imbere

 

Iki gitaramo cyari kitabiriwe n’urubyiruko ruturutse hirya no hino muri Afrika

BK Arena yari yakubise yuzuye kuva hasi kugera hejuru

Harimo abakobwa beza benshi babukereye

Dj Sonia yahakoreye agashya kubera imyambaro yari yambaye

Imyambarire y’uyu mukobwa wo muri Afurika yepfo yatezaga benshi impagarara , ariko ahanini bigaterwa n’ukuntu uyu mukobwa yabyinnye azunguza ikibuno maze aba amarari bakarabya indimi

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.