Reba Amafoto y’imyambarire idasanzwe yaranze abakobwa bitabiriyr igitaramo cya Danny Nanone barimo uwashyize amabere kukarubanda

Mu gitaramo cya Danny Nanone cyaraye kibaye mw’ijoro ryashize ryo kuwa 19 Ukuboza 2023 muri Camp Kigali hagaragayemo udushya twinshi turimo imyambaro idasanzwe n’abahasebeye bakahambarira ubusa.

Muri iki gitaramo cyagaragayemo inkumi nyinshi z’uburanga zambaye zikaberwa gusa hari abo byarenze bisanga agaseke gapfundutse imyanya y’ibanga iri hanze.

Gusa nanone ntitwabura kubabwir ko hari nabari bambaye nk’abagabo kandi ari abakobwa barimo Dj Briane , Ariel Wayz waririmbye muri iki gitaramo ndetse n’abandi.

Umukobwa wari witabiriye iki igitaramo cya Danny Nanone kugeza ubu akomeje gutangaza benshi bari kumugarukaho hirya no hino , nyuma yo kwizihirwa amabere yose akajya hanze kuko ntani isutiye yari yambaye kandi yambaye agashati kagufi korohereye.

Muri iki gitaramo hagaragayemo inkumi z’uburanga n’ikimero, gusa uwatunguranye cyane ni uwaje atambaye utwenda tw’imbere, yarangiza akabyina akizihirwa, akisama yasandaye.

– Amafoto.

BAKUNZI B’IKINYAMAKURU BABITIMES.COM TURAGUSABA KUDUSHYIGIKIRA UGAKANDA HANO MAZE UKORE FOLLOW NA LIKE KURI FACEBOOK PAGE YA BABI TIMES KUGIRANGO AMAKURU AJYE AKUGERAHO MBERE AKIRI MASHYA 
BAKUNZI B’IKINYAMAKURU BABITIMES.COM TURAGUSABA KUDUSHYIGIKIRA UGAKANDA HANO MAZE UKORE FOLLOW NA LIKE KURI INSTAGRAM YA BABI TIMES KUGIRANGO AMAKURU AJYE AKUGERAHO MBERE AKIRI MASHYA
Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.