Rudatsimburwa: Nkandagiza ikirenge bwa mbere mu Rwanda mva mu buhungiro numvise ngeze muri Paradizo

Albert Rudatsimburwa ni umugabo w’imyaka isaga 60. Yavukiye mu Karere ka Nyanza ubu, akurira mu buhungiro nyuma y’uko mu Rwanda hadutse amacakubiri, ababarirwaga mu bwoko bw’Abatutsi bakameneshwa bagahungira mu bihugu by’abaturanyi birimo Uganda, u Burundi n’icyahoze cyitwa Zaire.

Uyu mugabo ukomoka ku Mubiligi n’Umunyarwandakazi baje kuva i Burundi bakomereza mu Bubiligi, aho bagize uruhare rukomeye mu gutiza umurindi itegurwa ndetse n’ishyirwa mu bikorwa ry’urugamba rwo kubohora igihugu.

Muri iki kiganiro na Kigali Today, Rudatsimburwa yagarutse ku mateka menshi y’urugendo rw’ubuzima bwe kugera ubu.

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.