SPECIAL SUNDAY: Ibintu biraba ari ibicika muri ZagNut kuri tureba Final na Bushali adususurutsa

Kuri iki cyumweru kidasanzwe ZagNut yateguye ibirori bidasanzwe bikubiyemo Umuhuro , Kureba Final ya Euro ndetse n’umuhanzi Bushali uraba asusurutsa abahari.

kuri iki cyumweru tariki ya 14 Nyakanga 2024 ni umunsi abakunzi ba ruhago baraba bareba Final iri buhuze England na Spain , ukaba uwanyuma ngo abo mu Rwanda tujye gutora Perezida , none ZagNut yarengejeho nakarusho ko kuzana umuraperi Bushali ukunzwe na benshi, ngo aze ajye anasusurutsa abakunzi ba Kinyatrap na muzika muri rusange.

ZagNut ni akabari na Restaurant kabarizwa Kimisagara ahegeranye na Maison de Jeune kuri Station ya essence ya mbere ugeraho uvuye Nyabugoho, hakaba hamenyerewe cyane mu guha ibyishimo bisendereye abahagana.

Muri iki gitaramo gikubiyemo umuhuro, Umupira ndetse n’abahanzi kwinjira biraba ari nkubuntu , kuko ari 1000frw ahasanzwe , 2000frw muri VIP ndetse na Table ya 50 000frw harimo icyo kurya no kunywa.

Muri ZagNut Kimisagara ni hamwe mu hantu wasanga Sauna Massage ndetse na Gym bidahenze.

Umuhanzi Bushali araba ari kubarizwa muri ZagNut Kimisagara

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.