Kubera kumubeshaho ku gipindi umutoza Casa Mbungo André yakuyemo ake karenge ata AS Kigali yikoreye ibibazo uruhuri

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ni bwo amakuru yamenyekanye ko Casa Mbungo André yamaze gusezera AS Kigali atazagaruka muri izi nshingano ava muri iyi kipe yugarijwe n’ibibazo by’amikoro. …

Kubera kumubeshaho ku gipindi umutoza Casa Mbungo André yakuyemo ake karenge ata AS Kigali yikoreye ibibazo uruhuri Read More