Mu Burundi ibintu ntibyoroshye , Akaboga kari kurya umugabo kuko ubu kumva ubunurire bw’akanyama biri gusaba kuba wifite

Abagura inyama mu mujyi wa Rumongi mu Burundi, barataka igiciro gihanitse cyazo, bavuga ko kuri ubu ziri kwigonderwa n’uwifite, bagasaba ubuyobozi kugira icyo bubikoraho nabo bakasha kwikora kumunwa bakumva ku …

Mu Burundi ibintu ntibyoroshye , Akaboga kari kurya umugabo kuko ubu kumva ubunurire bw’akanyama biri gusaba kuba wifite Read More

Reba amafoto y’ibyo wahishwe mu birori byateje impagarara kuburyo n’uburundi bwanze kubyihanganira

Guverinoma y’u Burundi yihanije abateguye iserukiramuco rya ‘Nyege Nyege’ muri Uganda, ibashinja kuvogera ingoma zabo. Ibi ikaba yabinyujije muri Minisiteri ishinzwe umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Urubyiruko, Siporo n’Umuco ngo bitarangirira …

Reba amafoto y’ibyo wahishwe mu birori byateje impagarara kuburyo n’uburundi bwanze kubyihanganira Read More

Bunyoni isi imwikaragiyeho / Perezida Ndayishimiye yarakaye cyane / Lt Gen Gervais yamaze kurahirira kuba Minisitiri w’Intebe

Lt Gen Gervais Ndirakobuca yamaze kurahirira nshingano zo kuba Minisitiri w’Intebe mushya w’u Burundi, ni nyuma y’amasaha make yemejwe n’Inteko Ishinga Amategeko y’icyo gihugu nk’ugomba gusimbura Gen Alain Guillaume Bunyoni …

Bunyoni isi imwikaragiyeho / Perezida Ndayishimiye yarakaye cyane / Lt Gen Gervais yamaze kurahirira kuba Minisitiri w’Intebe Read More

Mu Burundi hagiye kuba Coup d’Etat? Perezida Evariste Ndayishimiye yatanze gasopo

Frédéric Bamvuginyumvira wabaye Visi Perezida wa Mbere mu Burundi avuga ko bigaragaza ko mu butegetsi bw’iki Gihugu harimo ikibazo gikomeye. Nyuma y’uko mu birori byo gufungura umwaka w’ubucamanza wa 2022-2023 …

Mu Burundi hagiye kuba Coup d’Etat? Perezida Evariste Ndayishimiye yatanze gasopo Read More