AMATORA AREGEREJE: Dore abashaka kwicara ku ntebe ya perezida wa Repuburika y’u Rwanda bazahatana na Kagame

Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje ko zimwe mu mpinduka zitezwe mu matora azaba muri Nyakanga 2024 ,ari uko muri buri cyumba cy’itora hazaba harimo udusanduku tubiri, kamwe ari akazatorewamo umwanya w’umukuru …

AMATORA AREGEREJE: Dore abashaka kwicara ku ntebe ya perezida wa Repuburika y’u Rwanda bazahatana na Kagame Read More

Uwari umuyobozi ukomeye mu Rwanda yasanganywe intwaro iwe mu rugo ahita atabwa muri yombi / Uko yazibonye

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruvuga ko rwataye muri yombi Barikana Eugene wari Umudepite mu Nteko ishinga amategeko, iwe hasanzwe intwaro. RIB ivuga ko tariki 11 Gicurasi 2024, yafunze Barikana nyuma …

Uwari umuyobozi ukomeye mu Rwanda yasanganywe intwaro iwe mu rugo ahita atabwa muri yombi / Uko yazibonye Read More

Inkuru y’itangaje irimo n’isomo / Bamwitaga umusazi n’ibindi bitutsi kubera ubukene none ubu yatorewe kuba Depite

Muri Kenya umukandida  witwaga umusazi (ufite ubumuga bwo mu mutwe) kubera kwiyamamaza kandi ari umukene, Peter Salasya, yegukanye umwanya w’umudapite mu matora yabaye mu cyumweru gishize. Komisiyo y’amatora, IEBC, yagarageje …

Inkuru y’itangaje irimo n’isomo / Bamwitaga umusazi n’ibindi bitutsi kubera ubukene none ubu yatorewe kuba Depite Read More