Ingengo y’imari ya FERWAFA yagejejwe hafi kuri miliyari 10 mugihe amafaranga Amavubi azakosha yo yagabanyijwe

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamaze gutumizaho Inteko Rusange Idasanzwe izemerezwemo Ingengo y’Imari y’umwaka wa 2024 aho iteganya kuzakoresha 9.932.725.243 Frw. Iyi Nteko rusange iteganyijwe kuzaba ku wa Gatandatu …

Ingengo y’imari ya FERWAFA yagejejwe hafi kuri miliyari 10 mugihe amafaranga Amavubi azakosha yo yagabanyijwe Read More

Joseph Kabungo yasize ubuzima mu mukino w’amajonjora y’igikombe cy’isi 2022 waberaga muri Nigeria.

Joseph Kabungo wari witabiriye umukino w’amajonjora y’amakipe ari guhatanira kuzakina mu gikombe cy’isi cya 2022 yapfiriye muri Stade yaberagamo umukino wahuzaga Ghana na Nigeria nyuma y’ubwumvikane bucye bwajemo n’imirwano karundura. …

Joseph Kabungo yasize ubuzima mu mukino w’amajonjora y’igikombe cy’isi 2022 waberaga muri Nigeria. Read More