Urukundo si Amafaranga! Menya ibintu 7 bitari yo abakobwa babanza kureba ku basore babatse urukundo cyangwa se bagiye kubatereta

Ubusanzwe iyo umusore akunze umukobwa akamwaka urukundo hari byinshi umukobwa aabanza kumugenzuraho akareba niba abyujuje kugirango bakundane. Muri iki gihe kandi bizwiko abakobwa benshi bakunze kubanza kureba niba umusore afite …

Urukundo si Amafaranga! Menya ibintu 7 bitari yo abakobwa babanza kureba ku basore babatse urukundo cyangwa se bagiye kubatereta Read More

Ntuzisange mu mazi ubyita ikiziba / Dore amagambo umukobwa atakwigera atungutsa mu kanwa ke igihe agukunda by’ukuri

Buri uko wumva ngo abantu barakundana, burya siko bose baba bakundana urukundo rw’ukuri , urukundo rw’ukuri rugaragara igihe igihe abantu bubahana kandi bahana n’agaciro.Iyo umukobwa agukunda by’ukuri, ibikorwa bye n’amagambo …

Ntuzisange mu mazi ubyita ikiziba / Dore amagambo umukobwa atakwigera atungutsa mu kanwa ke igihe agukunda by’ukuri Read More

Niba uri umukobwa dore ibintu 20 wakora maze umuhungu mukundana agahita akugira umugore ntakabuza!

Burya n’ubwo abasore bose badateye kimwe, hari ibintu bahuriyeho nk’imyumvire n’imitekerereze rusange, bityo ibi bikaba ari ibintu 20 byafasha umukobwa wifuza kuba uw’igikundiro ku mukunzi we, akabasha kunogera no kwishimirwa …

Niba uri umukobwa dore ibintu 20 wakora maze umuhungu mukundana agahita akugira umugore ntakabuza! Read More

UBWENGE!! Dore ibanga ryo kugira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina neza kandi iryoshye/ Ibyo wakora n’ibyo wakwirinda

Ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina ku bashakanye, nibwo buryo bwa mbere buhuza kandi bugatuma basabana, bityo bagakomeza kunga ubumwe no kuryoherwa n’ubuzima. Mu byerekeye gukora imibonano mpuzabitsina, iyo umwe ataryohewe …

UBWENGE!! Dore ibanga ryo kugira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina neza kandi iryoshye/ Ibyo wakora n’ibyo wakwirinda Read More