AMAFOTO: Ariel Wayz wayz wari warashenguwe umutima na Juno yasubiye mu buryohe bw’urukundo n’undi musore

Ariel Wayz wavuzwe cyane mu rukundo na Juno Kizigenza bagashwana mu buryo bwamushenguye umutima bikanababaza abakunzi babo n’abamuzika muri rusange , yavuzeko yamaze kubona undi mukunzi ati “Narafashwe” Ibi Ariel …

AMAFOTO: Ariel Wayz wayz wari warashenguwe umutima na Juno yasubiye mu buryohe bw’urukundo n’undi musore Read More

Ese ubu baracyagiyeyo ra? Juno Kizigenza na Ariel Wayz basimbujwe abarundi Double Jay na Kirikou mu bitaramo bari bafite i Burayi

Nyuma y’uko abahanzi Nyarwanda, Ariel Wayz na Juno Kizigenza batangaje ko basubitse ibitaramo bagombaga gukorera i Burayi, icyagombaga kubera i Brussels mu Bubiligi basimbujwe Double Jay na Kirikou. Mu mpera …

Ese ubu baracyagiyeyo ra? Juno Kizigenza na Ariel Wayz basimbujwe abarundi Double Jay na Kirikou mu bitaramo bari bafite i Burayi Read More

Juno Kizigenza na Ariel Wayz bakoranye indi ndirimbo nyuma yo gushwana mu rukundo / Guhura kwabo biri kure nk’isi n’ukwezi / Amagambo Juno avuze!

Mu Kinyarwanda baca umugani bati “Aho ifaranga rikubise haroroha” bisobanura ko nta kidashoboka imbere y’amafaranga.Ninde wari uzi ko Juno Kizigenza na Ariel Wayz bashobora kongera gukorana indirimbo nyuma y’uko iby’urukundo …

Juno Kizigenza na Ariel Wayz bakoranye indi ndirimbo nyuma yo gushwana mu rukundo / Guhura kwabo biri kure nk’isi n’ukwezi / Amagambo Juno avuze! Read More