Ruhango: Umugore yasohotse munzu atabaza apfira mu marembo abaturage bavugako yishwe n’abadayimoni kubera amagabo yapfuye avuga(Reba Amafoto)

Umuturage witwa Uwizeyimana Gaudance yasohotse munzu atabaza avuga amagambo yumvikanisha ko hari abagabo bari kumwirukankana “Mawandetse mwa Bagabo mwe mwandetse.” ageze kumarembo y’inzu yari atuyemo ahita apfa bavuga ko yishwe …

Ruhango: Umugore yasohotse munzu atabaza apfira mu marembo abaturage bavugako yishwe n’abadayimoni kubera amagabo yapfuye avuga(Reba Amafoto) Read More

Umunyabigwi Jimmy Gatete wakoze amateka mu Mavubi , akigera i Kigali yatunguwe n’uko u Rwanda rusigaye rumeze

Gatete Jimmy wanditse amateka muri ruhago yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi uyu rutahizamu wakiniye amavubi akayageza kure kubera ibitego yatsindaga abarizwa I mahanga Akigera ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya …

Umunyabigwi Jimmy Gatete wakoze amateka mu Mavubi , akigera i Kigali yatunguwe n’uko u Rwanda rusigaye rumeze Read More

Ubusambanyi buri kuzamuka cyane ku bakiri bato muri Kigali / Ababyeyi baracyatinya guha abana babo udukingirizo

Kuba ubusambanyi buri kwiyongera cyane mu mujyi wa Kigali no mu Rwanda hose muri rusange , benshi mu babyeyi bahangayikishijwe n’abana babo bari kubyishoramo cyane bikabaviramo gutwara amada adateganyijwe. Muri …

Ubusambanyi buri kuzamuka cyane ku bakiri bato muri Kigali / Ababyeyi baracyatinya guha abana babo udukingirizo Read More

Ibi noneho birenze abanyarwanda kuko n’ubwambere mu mateka ikiro cy’ibiraye kiguze 500 i Musanze iwabo wabyo

Ibirayi ni kimwe mu biribwa byibanze ku mubare munini w’Abaturarwanda, akarere ka Musanze niko ka mbere gahingwamo ibirayi byinshi mu Rwanda. Kuri ubu abatuye muri aka karere bumiwe amagambo ashira …

Ibi noneho birenze abanyarwanda kuko n’ubwambere mu mateka ikiro cy’ibiraye kiguze 500 i Musanze iwabo wabyo Read More

Nyirabyo yatunguranye mw’ikanzu ikoze mu mashara maze aratungurana muri ArtRwanda-Ubuhanzi

Amarushanwa ya ArtRwanda- Ubuhanzi amaze guhinduka urubuga rufasha urubyiruko rw’u Rwanda kugaragaza impano mu ngero z’ubuhanzi zitandukanye zirimo umuziki, ubugeni, ubusizi, imideli n’ibindi. Ariko noneho kuri iyi nshuro hajemo utundi …

Nyirabyo yatunguranye mw’ikanzu ikoze mu mashara maze aratungurana muri ArtRwanda-Ubuhanzi Read More