Ihere ijisho ku mafoto 15 y’indobanure yaranze imyitozo ya gisirikare yabaye Perezida Paul Kagame ahibereye

Perezida wa Repuburika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda Kagame Paul yakurikiranye imyitozo yo kumasha y’ingabo z’u Rwanda. Ni imyitozo yabereye Gabiro, ndetse iyi kandi iyi myitozo yabaye …

Ihere ijisho ku mafoto 15 y’indobanure yaranze imyitozo ya gisirikare yabaye Perezida Paul Kagame ahibereye Read More

Perezida Kagame wagizwe Big Giant Of Africa na Masai Ujiri yasabye urubyiruko gukora cyane rugateza imbere Afurika

Mu birori byo kwizihiza imyaka 20 Umuryango Giant of Africa umaze ushinzwe , Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye urubyiruko gutangira gukora ibikomeye no gutanga umusanzu warwo mu guteza imbere …

Perezida Kagame wagizwe Big Giant Of Africa na Masai Ujiri yasabye urubyiruko gukora cyane rugateza imbere Afurika Read More

Umufasha wa perezida w’u Rwanda Madamu Jeannette Kagame yujuje imyaka 60 y’amavuko / Dore inzira zikomeye yanyuzemo mbere yo kuba uwo ariwe ubu!

Madamu Jeannette Kagame umwe mu bagore b’icyitegererezo wakoze ibishoboka byose kugira ngo ubuzima bw’umwana buzamuke dore ko yanabiherewe igihembo, yujuje imyaka 60 y’amavuko, akaba ayizihije afite abuzukuru babiri. Jeannette Nyiramongi …

Umufasha wa perezida w’u Rwanda Madamu Jeannette Kagame yujuje imyaka 60 y’amavuko / Dore inzira zikomeye yanyuzemo mbere yo kuba uwo ariwe ubu! Read More