RIB yerekanye ibisambo birimo motari watwaye umukobwa akagemurira bagenzi be bakamusambanya bakanamwiba bakamuta ku gasozi

Kuri uyu wa 6 Kamena 2024, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwerekanye itsinda ry’abasore batanu bakurikiranyweho ibyaha binyuranye birimo no gucucura abantu telefone zabo. Iri tsinda ririmo umumotari umwe, abakora telefone …

RIB yerekanye ibisambo birimo motari watwaye umukobwa akagemurira bagenzi be bakamusambanya bakanamwiba bakamuta ku gasozi Read More

Uwari umuyobozi ukomeye mu Rwanda yasanganywe intwaro iwe mu rugo ahita atabwa muri yombi / Uko yazibonye

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruvuga ko rwataye muri yombi Barikana Eugene wari Umudepite mu Nteko ishinga amategeko, iwe hasanzwe intwaro. RIB ivuga ko tariki 11 Gicurasi 2024, yafunze Barikana nyuma …

Uwari umuyobozi ukomeye mu Rwanda yasanganywe intwaro iwe mu rugo ahita atabwa muri yombi / Uko yazibonye Read More

Nyagatare:Kubera ibyo atumvikanagaho n’umugore we mu gutera akabariro yafashwe asambanya murumuna we w’imyaka 14

Umugabo wari utuye mu karere ka Nyagatare mu Murenge wa Karangazi, yafashwe n’inzego z’Ibanze nyuma yo gufatirwa mu cyuho arimo gusambanya muramu we w’imyaka 14, akimara gufatwa yavuze ko yasambanyije …

Nyagatare:Kubera ibyo atumvikanagaho n’umugore we mu gutera akabariro yafashwe asambanya murumuna we w’imyaka 14 Read More