VIDEO: Dr Frank Habineza watangiriye kwiyamamaza i Bweramvura abaturage bamwisanzuyeho bamubwira ibibazo byabo

Mugutangira kwiyamamaza banavuga ibyo bazageza ku baturage umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije Green Party Dr. Frank Habineza ku wa Gatandatu yatangiye yiyamamariza i Bweramvura muri Gasabo. Ku wa …

VIDEO: Dr Frank Habineza watangiriye kwiyamamaza i Bweramvura abaturage bamwisanzuyeho bamubwira ibibazo byabo Read More

Dore Amafoto y’umujyi utangaje wa Seoul perezida Kagame yagiriyemo uruzinduko / Ubwiza bwa Koreya y’Epfo

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye uruzinduko rw’akazi muri Koreya y’Epfo kuva ku wa 2 Kamena 2024, aho yahuriye n’abandi bakuru b’ibihugu byo muri Afurika mu nama yabo …

Dore Amafoto y’umujyi utangaje wa Seoul perezida Kagame yagiriyemo uruzinduko / Ubwiza bwa Koreya y’Epfo Read More

Video: Amateka atangaje ya Barafinda wavukiye mu muvure akisanga aba mu ngoro y’umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth

Umugabo ushaka kuba perezida mu Rwanda wamenyekanye nka Barafinda yatunguye benshi ubwo yavugaga amateka ye yahahise ubwo yavukiraga mu muvure nyuma akisanga aba kwa Elizabeth mu ngoro y’ibwami mu Bwongereza. …

Video: Amateka atangaje ya Barafinda wavukiye mu muvure akisanga aba mu ngoro y’umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth Read More

Kubera ubwiza n’ikimero umunyarwandakazi w’umu pilote yayagaje imitwe y’abanya Kenya baravugishwa (AMAFOTO)

Kubera ikimero kidasanzwe n’ubwiza buhebuje bwa Huguette Umuhoza ukora umwuga w’ubupilote , abanya Kenya n’abandi benshi bacitse ururondogoro bavuga amangambure nyuma y’uko babonye amafoto ye. Bijya gutangira,umushoramari wo muri Kenya …

Kubera ubwiza n’ikimero umunyarwandakazi w’umu pilote yayagaje imitwe y’abanya Kenya baravugishwa (AMAFOTO) Read More

AMATORA AREGEREJE: Dore abashaka kwicara ku ntebe ya perezida wa Repuburika y’u Rwanda bazahatana na Kagame

Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje ko zimwe mu mpinduka zitezwe mu matora azaba muri Nyakanga 2024 ,ari uko muri buri cyumba cy’itora hazaba harimo udusanduku tubiri, kamwe ari akazatorewamo umwanya w’umukuru …

AMATORA AREGEREJE: Dore abashaka kwicara ku ntebe ya perezida wa Repuburika y’u Rwanda bazahatana na Kagame Read More

AMAFOTO: Ihere ijisho ubwiza bw’indege idasanzwe Perezida Kagame agendamo

Abayobozi bakuru ni bamwe mu bantu bakora ingendo z’indege cyane kurusha abandi ahanini bitewe n’inzinduko nyinshi baba bafite zihoraho kubera akazi bakora , bityo rero usanga umu perezida ushoboye ashaka …

AMAFOTO: Ihere ijisho ubwiza bw’indege idasanzwe Perezida Kagame agendamo Read More

Uwari umuyobozi ukomeye mu Rwanda yasanganywe intwaro iwe mu rugo ahita atabwa muri yombi / Uko yazibonye

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruvuga ko rwataye muri yombi Barikana Eugene wari Umudepite mu Nteko ishinga amategeko, iwe hasanzwe intwaro. RIB ivuga ko tariki 11 Gicurasi 2024, yafunze Barikana nyuma …

Uwari umuyobozi ukomeye mu Rwanda yasanganywe intwaro iwe mu rugo ahita atabwa muri yombi / Uko yazibonye Read More

Dore uburyo abakinnyi 16 bakina hanze bahamagawe mu Amavubi bahagaze n’uko bari kwitwara mugihe bategerejwe mu mukino ukomeye

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu (Amavubi), Frank Torsten Spittler yahamagaye abakinnyi 37 barimo abakina hanze 16 mu rwego rwo kwitegura imikino ya Bénin na Lesotho mu yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi mu …

Dore uburyo abakinnyi 16 bakina hanze bahamagawe mu Amavubi bahagaze n’uko bari kwitwara mugihe bategerejwe mu mukino ukomeye Read More

Nyagatare:Kubera ibyo atumvikanagaho n’umugore we mu gutera akabariro yafashwe asambanya murumuna we w’imyaka 14

Umugabo wari utuye mu karere ka Nyagatare mu Murenge wa Karangazi, yafashwe n’inzego z’Ibanze nyuma yo gufatirwa mu cyuho arimo gusambanya muramu we w’imyaka 14, akimara gufatwa yavuze ko yasambanyije …

Nyagatare:Kubera ibyo atumvikanagaho n’umugore we mu gutera akabariro yafashwe asambanya murumuna we w’imyaka 14 Read More

#Kwibuka30: Nyuma y’imyaka ine urugendo rwo kwibuka ‘Walk to Remember’ rugiye kongera kuba.

Hari hashize imyaka ine kubera icyorezo cya COVID-19 urugendo rwo kwibuka ‘walk to Remember’ rudakorwa ariko kur’ubu rugiye kongera kuba gusa ku mubare ugereranyije. Buri mwaka itariki 7 Mata Abanyarwanda …

#Kwibuka30: Nyuma y’imyaka ine urugendo rwo kwibuka ‘Walk to Remember’ rugiye kongera kuba. Read More