(VIDEO+AMAFOTO) ‘Ubuskut Imbere heza’ Dore uko byari bimeze mu birori bisoza icyumweru cy’Ubuskut mu Rwanda byarimo Bwiza na Dj Marnaud

I Muhanga muri stade hahuriye imbaga y’abantu baturutse impande n’impande mu muhango wo gusoza icyumweru cy’Ubuskut (scouts), Aho Dj Marnaud na Bwiza bifatanyije n’urubyiruko kwidagadura , maze hakanashimangirwa gukomeza gushyira …

(VIDEO+AMAFOTO) ‘Ubuskut Imbere heza’ Dore uko byari bimeze mu birori bisoza icyumweru cy’Ubuskut mu Rwanda byarimo Bwiza na Dj Marnaud Read More

Ingengo y’imari ya FERWAFA yagejejwe hafi kuri miliyari 10 mugihe amafaranga Amavubi azakosha yo yagabanyijwe

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamaze gutumizaho Inteko Rusange Idasanzwe izemerezwemo Ingengo y’Imari y’umwaka wa 2024 aho iteganya kuzakoresha 9.932.725.243 Frw. Iyi Nteko rusange iteganyijwe kuzaba ku wa Gatandatu …

Ingengo y’imari ya FERWAFA yagejejwe hafi kuri miliyari 10 mugihe amafaranga Amavubi azakosha yo yagabanyijwe Read More

Harabura iminsi itabarirwa ku ntoki ngo Amavubi atangire ijonjora ry’igikombe cy’Isi , Ese iby’umutoza bigeze he?

Harabura iminsi itageze ku kwezi ngo u Rwanda rutangire ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 ariko umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi , kugeza na nubu ntago aratangazwa. Umuvugizi wungirije …

Harabura iminsi itabarirwa ku ntoki ngo Amavubi atangire ijonjora ry’igikombe cy’Isi , Ese iby’umutoza bigeze he? Read More

APR BBC iri gukina ntakujenjeka yakamejeje! Nyuma yo gutsinda REG iri gukoza imitwe y’intoki ku gikombe yari imaze imyaka 14 yaribagiwe

APR BBC yaraye itsinze REG BBC amanota 80-75 mu mukino wa gatatu wa nyuma wa kamarampaka muri muri Basketball “BetPawa Playoffs”, isigara isabwa gutsinda umukino umwe gusa ikegukana igikombe. Abasore …

APR BBC iri gukina ntakujenjeka yakamejeje! Nyuma yo gutsinda REG iri gukoza imitwe y’intoki ku gikombe yari imaze imyaka 14 yaribagiwe Read More