Perezida Kagame wagizwe Big Giant Of Africa na Masai Ujiri yasabye urubyiruko gukora cyane rugateza imbere Afurika

Mu birori byo kwizihiza imyaka 20 Umuryango Giant of Africa umaze ushinzwe , Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye urubyiruko gutangira gukora ibikomeye no gutanga umusanzu warwo mu guteza imbere …

Perezida Kagame wagizwe Big Giant Of Africa na Masai Ujiri yasabye urubyiruko gukora cyane rugateza imbere Afurika Read More

Umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda Steve Rubanguka agiye kujya gukinira ikipe yo muri Saudi Arabia

Rubanguka Steve umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda unakinira Amavubi ,  yabonye indi kipe nshya ikomeye yo muri Saudi Arabia  yitwa Al Jandal byamaze kwemezwa ko agiye kujya kuyikinira. Nyuma yo gutandukana na …

Umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda Steve Rubanguka agiye kujya gukinira ikipe yo muri Saudi Arabia Read More

Mu Mafoto irebere uko byari bimeze ubwo abayisilamu ibihumbi bizihizaga umunsi wa Eid Al Adha

Abayisilamu bizihije Eid Al Adha yizihizwa hazirikanwa igihe Aburahamu yari agiye gutamba umwana we Ismail, Imana ikamushumbusha intama. Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko mu kwifatanya n’Abayisilamu mu kwizihiza …

Mu Mafoto irebere uko byari bimeze ubwo abayisilamu ibihumbi bizihizaga umunsi wa Eid Al Adha Read More

Kugirango asohokane umukunzi we I Dubai, umukozi wa banki w’imyaka 25 yibye akayabo k’asaga miliyoni122 kuri konti z’abakiriya

Emmanuel Sekyi Afriyie, umukozi w’imwe muri banki zikomeye muri Ghana yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano , nyuma y’uko yari amaze kwiba akayabo ka (GH¢1.2m) angana n’asaga miliyoni 122 z’amafaranga y’u …

Kugirango asohokane umukunzi we I Dubai, umukozi wa banki w’imyaka 25 yibye akayabo k’asaga miliyoni122 kuri konti z’abakiriya Read More

Biteye agahinda: Minisitiri Bayisenge yihanganishije umuryango wapfushije abana 3 icyarimwe mu mpanuka yahitanye abantu 6

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof Bayisenge Jeannette, yihanganishije umuryango wa Sikubwabo wapfushije abana batatu umunsi umwe baguye mu mpanuka y’imodoka. Ibi Minisitiri yabigarutseho yifashishije imbuga nkoranyambaga ze by’umwihariko urukuta rwa …

Biteye agahinda: Minisitiri Bayisenge yihanganishije umuryango wapfushije abana 3 icyarimwe mu mpanuka yahitanye abantu 6 Read More