AMAFOTO: Mu munyenga wo mu bwato bwo mu nyanja y’Abahinde Pamella yakoreye umugabo we The Ben ibirori by’isabukuru ya 37

Nyuma y’iminsi micye bakoze ubukwe bw’agatangaza mu Rwanda, The Ben na Uwicyeza Pamella bakomeje kugirira ibihe byiza i Mombasa muri Kenya mukwa buki, aho byahuriranye n’isabukuru y’amavuko y’uyu muhanzi wujuje …

AMAFOTO: Mu munyenga wo mu bwato bwo mu nyanja y’Abahinde Pamella yakoreye umugabo we The Ben ibirori by’isabukuru ya 37 Read More

Kenny Sol uri mu bahanzi nyarwanda bagezweho mu Rwanda yasezeranye mu mategeko(AMAFOTO)

Kenny Sol uri mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukobwa bitegura kurushinga witwa Kunda Alliance Yvette. Umuhango wo gusezerana imbere y’amategeko wabereye ku Murenge wa Nyakabanda kuri uyu …

Kenny Sol uri mu bahanzi nyarwanda bagezweho mu Rwanda yasezeranye mu mategeko(AMAFOTO) Read More

Niba uteganya gukora ubukwe n’uwo mukundana ,gerageza ukore uko ushoboye kose wirinde ibi bintu uko ari 6

Iyo uri mu rukundo, hari byinshi uhindura mu myitwarire yawe kugirango urusheho kugenda wigarurira umukunzi wawe ariko uko urukundo rwanyu rugenda rukura niko mugenda murushaho kumenyerana buri umwe akagenda amenya …

Niba uteganya gukora ubukwe n’uwo mukundana ,gerageza ukore uko ushoboye kose wirinde ibi bintu uko ari 6 Read More

BIRABABAJE! Abageni b’i Nyamasheke bakoreye ubukwe kwa muganga nyuma y’impanuka ikomeye yahitanye 2 barimo na sebukwe w’umusore

Abageni aribo Nyirandagijimana Bonifrid na Niyitanga Pacifique bo mu Karere ka Nyamasheke basezeraniye mu Bitaro bya Kibogora nyuma y’uko umukobwa akoze impanuka ari kumwe n’abari bamuherekeje berekeza ku rusengero, igahitana …

BIRABABAJE! Abageni b’i Nyamasheke bakoreye ubukwe kwa muganga nyuma y’impanuka ikomeye yahitanye 2 barimo na sebukwe w’umusore Read More

Jay Z niwe wasohoye nyina akanamuherekeza no kuri Altar ubwo yarongoranaga n’umugore mugenzi we

Mu bukwe bwari bwagizwe ibanga cyane Gloria Carter nyina wa Jay Z umuraperi ukomeye cyane kw’isi yakoze ubukwe n’umugore mugenzi we Roxanne Wilshire bakundanye imyaka 7.TMZ yavuzeko uyu muraperi Jay …

Jay Z niwe wasohoye nyina akanamuherekeza no kuri Altar ubwo yarongoranaga n’umugore mugenzi we Read More

Inkuru Nshya! Ismael Mwanafunzi, yasezeranye n’umunyamakuru mugenzi we Mahoro Claudine (AMAFOTO+VIDEO)

Umunyamakuru ukunzwe cyane mu Rwanda kubera ijwi rye ryumvikana cyane mu biganiro akora kuri Radio na Tv Rwanda ndetse ahandi mu byegeranyo bica hirya no hino yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi …

Inkuru Nshya! Ismael Mwanafunzi, yasezeranye n’umunyamakuru mugenzi we Mahoro Claudine (AMAFOTO+VIDEO) Read More

Mu birori bibereye ijisho byabereye ku kiyaga , Marcell Jacobs Champion mu kwiruka 100 m yakoze ubukwe

Umutaliyani witwa Marcell Jacobs watwaye umudali wa zahabu mu gusiganwa metero 100 mu mikino Olempike iheruka kubera Tokyo mu Buyapani yakoze ubukwe mu mpera z’icyumweru gishize n’umukunzi we Nicole Daza. …

Mu birori bibereye ijisho byabereye ku kiyaga , Marcell Jacobs Champion mu kwiruka 100 m yakoze ubukwe Read More