Ntibisanzwe: Mu Bwongereza byakaze nyuma yuko batoye uruhinja bagasanga ruva inda imwe n’abandi 2 batowe mbere/ Ababyeyi babo bari guhigishwa uruhindu

Mu bwongereza bakomeje gutungurwa n’umuryango urimo kubyara abana ugahita ubajugunya bagatoragurwa na rubanda aho nyuma Umwana ukivuka wabonetse mu ntangiriro z’uyu mwaka mu burasirazuba bw’umurwa mukuru w’Ubwongereza London/Londres, ni umwana …

Ntibisanzwe: Mu Bwongereza byakaze nyuma yuko batoye uruhinja bagasanga ruva inda imwe n’abandi 2 batowe mbere/ Ababyeyi babo bari guhigishwa uruhindu Read More

Ese amatembabuzi ava mu gitsina cy’umugore agatwika ikariso aterwa n’iki? / Dore akamaro kabyo (Menya Nibi!)

Akenshi hari igihe ubona ikariso y’umukobwa cyangwa umugore ugasanga hamwe haba haringaniye n’igitsina cye harasa ukwaho harahindanyijwe n’amatembabuzi aba yaturutse mu gisina , aha bamwe bacyekako ari uburwayi cyangwa umwanda …

Ese amatembabuzi ava mu gitsina cy’umugore agatwika ikariso aterwa n’iki? / Dore akamaro kabyo (Menya Nibi!) Read More

SOBANUKIRWA: Ni gihe ki umukobwa amenya ko akwiye kujya gukoresha isuku mu myanya ye y’ibanga?

Uwera Sabrina (wahinduriwe amazina) yakoze ikizamini cy’ubuvuzi bw’ibice by’imyanya y’ibanga y’ab’igitsina gore [Pelvic Exam], afite imyaka 23 y’amavuko. Yari amaze igihe kirekire afite ububabare bukabije mu nda yo hasi, ibyo …

SOBANUKIRWA: Ni gihe ki umukobwa amenya ko akwiye kujya gukoresha isuku mu myanya ye y’ibanga? Read More

Menya uko ugomba guhangana n’ibihe by’impeshyi birangwa n’izuba rikakaye ribangamira umubiri cyane

Mu buzima busanzwe, izuba duhura na ryo cyane kuruta imvura, kuko akenshi umunsi utagirana izuba. Ni byiza ko twamenya uko tubaho neza mu gihe cy’impeshyi kirangwa n’izuba ryinshi. Ni byiza …

Menya uko ugomba guhangana n’ibihe by’impeshyi birangwa n’izuba rikakaye ribangamira umubiri cyane Read More

Niba wifuza kugumana itoto umuti nu kubyina iminota 30 gusa ubundi ugatana n’iminkanyari (Sobanukirwa!)

Akenshi ukunda kumva abahanga muby’ubuzima bagira inama abantu babakangurira gukora siporo kugirango bagir ubuzima bwiza , ariko muri izo siporo bavuga kubyina n’ibyambere kuko ari umwe mu myitozo benshi bakora …

Niba wifuza kugumana itoto umuti nu kubyina iminota 30 gusa ubundi ugatana n’iminkanyari (Sobanukirwa!) Read More

Dore ibanga ry’uburyo ushobora kuriramo bikagufasha kugabanya ibiro n’umubyibuho ukabije

N’ubwo akenshi umuntu arira hari icyo abaye , ariko noneho ubushakashatsi bwagaragaje ko bishobora kugirira akamaro umuntu ubyibushye wifuza kugabanya ibiro n’uwo mubyibuho ukabije, gusa bikaba igihe yarize mu gihe …

Dore ibanga ry’uburyo ushobora kuriramo bikagufasha kugabanya ibiro n’umubyibuho ukabije Read More

Nyamuneka irinde gusinzira gacye kuko ubushakashatsi bushya bwerekanye ko byagutera umuvuduko w’amaraso!

Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko abantu basinzira amasha ari munsi y’arindwi nijoro, bafite ibyago byinshi byo kwibasirwa n’indwara y’umuvuduko w’amaraso.Ubu bashashatsi bushya bugiye kumurikirwa n’ikigo cyita ku ndwara z’umutima American College …

Nyamuneka irinde gusinzira gacye kuko ubushakashatsi bushya bwerekanye ko byagutera umuvuduko w’amaraso! Read More