Menya byinshi ku ndwara ituma umuntu ahora yumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina kuburyo bitera bamwe mu bagore kwisabira abagabo

Nyuma yo gusanga hari abantu badashobora kumara igihe kinini badakoze imibonano mpuzabitsina, ibi kandi bikagaragara hagati y’abashakanye cyangwa abatarashakanye iyi ngingo usanga itavugwa ho rumwe,iki kibazo cyaje gusubizwa n’abahanga muri …

Menya byinshi ku ndwara ituma umuntu ahora yumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina kuburyo bitera bamwe mu bagore kwisabira abagabo Read More

Kwiyaka uwo muri kubikora , guhita wihanagura / Dore bimwe mu bintu 5 abakobwa/abagore babeshywa mu gutwara inda bamwe bakabifata nk’ukuri

N’ubwo hari abantu benshi basobanukiwe n’uko umugore/umukobwa atwara inda, nyamara hari benshi mu bakobwa bagiye bagaragaza ko badasobanukiwe n’iyi ngingo ndetse bafite imyumvire itariyo ku gutwara inda k’umugore/umukobwa ,iyo myumvire …

Kwiyaka uwo muri kubikora , guhita wihanagura / Dore bimwe mu bintu 5 abakobwa/abagore babeshywa mu gutwara inda bamwe bakabifata nk’ukuri Read More

Icunge neza utazisuzuguza! / Dore impamvu nyamukuru zituma harigihe usambana n’umusore agahita aguca amazi ntazongere kuguha agaciro

Abagabo n’abasore abenshi wagira ngo inda ibabyara ni imwe, iyo mumaze gusambana mubyarana abo akigira nk’aho ntaho akuzi. Gusa hari indangagaciro n’imyitwarire nk’umukobwa ukwiye kugira, zituma umusore akomeza kukubaha. Ni …

Icunge neza utazisuzuguza! / Dore impamvu nyamukuru zituma harigihe usambana n’umusore agahita aguca amazi ntazongere kuguha agaciro Read More

Amafoto: Nyuma y’amashusho agaragaza umunyarwenya Mitsutsu ari kumwe n’umukobwa utikoraho bahuje urugwiro rw’urukundo byateye benshi kuvugishwa

Umunyarwenya w’umunyarwanda Emmy Brown wamamaye mu gusetsa abantu nka Mitsutsu Comedian , n’umwe mu bagezweho bakunzwe na benshi mu ngeri zose z’abanyarwanda bakunda filime z’urwenya haba mu bakuru n’abato. Byatunguranye …

Amafoto: Nyuma y’amashusho agaragaza umunyarwenya Mitsutsu ari kumwe n’umukobwa utikoraho bahuje urugwiro rw’urukundo byateye benshi kuvugishwa Read More

Urukundo si Amafaranga! Menya ibintu 7 bitari yo abakobwa babanza kureba ku basore babatse urukundo cyangwa se bagiye kubatereta

Ubusanzwe iyo umusore akunze umukobwa akamwaka urukundo hari byinshi umukobwa aabanza kumugenzuraho akareba niba abyujuje kugirango bakundane. Muri iki gihe kandi bizwiko abakobwa benshi bakunze kubanza kureba niba umusore afite …

Urukundo si Amafaranga! Menya ibintu 7 bitari yo abakobwa babanza kureba ku basore babatse urukundo cyangwa se bagiye kubatereta Read More

Reba Amafoto y’ubwiza bw’umukobwa w’uburanga wigaruriye umutima w’umukinnyi ukomeye muri Basketball mu Rwanda Nshobozwabyosenumukiza J.J Wilson

Umukinnyi wa APR BBC iheruka kwegukana igikombe cya shampiyona, Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson wanabaye umukinnyi wahize abandi mu mikino ya Kamarampa (Playoffs), ari mu rukundo na Nkubito Josiane. Nshobozwa amaze …

Reba Amafoto y’ubwiza bw’umukobwa w’uburanga wigaruriye umutima w’umukinnyi ukomeye muri Basketball mu Rwanda Nshobozwabyosenumukiza J.J Wilson Read More

Ntuzisange mu mazi ubyita ikiziba / Dore amagambo umukobwa atakwigera atungutsa mu kanwa ke igihe agukunda by’ukuri

Buri uko wumva ngo abantu barakundana, burya siko bose baba bakundana urukundo rw’ukuri , urukundo rw’ukuri rugaragara igihe igihe abantu bubahana kandi bahana n’agaciro.Iyo umukobwa agukunda by’ukuri, ibikorwa bye n’amagambo …

Ntuzisange mu mazi ubyita ikiziba / Dore amagambo umukobwa atakwigera atungutsa mu kanwa ke igihe agukunda by’ukuri Read More

Musore ni wowe ubwirwa! Uzirinde aya makosa mu gihe uri gukundana n’umukobwa atazakureka rutarenze n’umutaru ngo ugire icyo ugeraho

Itangiriro ryiza ritanga umusaruro muzima , gusa ariko rimwe na rimwe n’itangiriro ribi hari igihe riwutanga kubw’amahirwe, icyo nshaka kubabwira n’uko uko utangiye iyo winjiye mu rukundo nibyo ahanini bizagaragaza …

Musore ni wowe ubwirwa! Uzirinde aya makosa mu gihe uri gukundana n’umukobwa atazakureka rutarenze n’umutaru ngo ugire icyo ugeraho Read More