Nshuti yanjye , igihe cyose ugiye gukora imibonano mpuzabitsina ujye witondera iki kintu kuko ingaruka zacyo zanaguhitana

Abantu benshi bakora ibikorwa bitandukanye mu rwego rwo gushimishanya hagati y’umugabo n’umugore mu gihe bakora imibonano mpuzabitsina kugira ngo igende neza.  Hari abakoresha uburyo bwo kurigatana ibitsina mu rwego rwo …

Nshuti yanjye , igihe cyose ugiye gukora imibonano mpuzabitsina ujye witondera iki kintu kuko ingaruka zacyo zanaguhitana Read More

Burya ntago baba borohewe! Reba impamvu zituma umukobwa ahitamo gukundana n’abasore barenze umwe akabatendeka

Ibintu byamaze kuba nk’indwara ku bakobwa cyane aho usanga ahuye n’umusore akamusaba urukundo , maze akaba yafata umwanzuro wo kurumwemerera kandi afite undi kuruhande umwe cyangwa benshi atendeka , nawe …

Burya ntago baba borohewe! Reba impamvu zituma umukobwa ahitamo gukundana n’abasore barenze umwe akabatendeka Read More

Wasanga ukimukunda nyamara?Dore ibimenyetso bikwereka ko uwo mwahoze mukundana utamuretse ahubwo ushobora kuba ukimwiyumvamo

Nyuma yo gutandukana n’uwo wari warihebeye muri mu mubano w’urukundo gabo gore, ni ibisanzwe ko wumva agahinda n’akababaro aho utekereza ko hari ubwo utazigera ubona uwo ukunda cyangwa wishimira nk’uyu …

Wasanga ukimukunda nyamara?Dore ibimenyetso bikwereka ko uwo mwahoze mukundana utamuretse ahubwo ushobora kuba ukimwiyumvamo Read More

Apucuri,Disi reba ukuntu Meddy n’umuryango bibereyeho mu buryohe bw’urukundo n’ibyishimo baterwa n’umwana wabo (Reba Amafoto)

Ngabo Medard umuhanzi w’icyamamare w’umunyarwanda wamamaye kw’izina rya Meddy akomeje kuryoherwa n’urukundo rw’umuryango we ariwo umugore n’umwana akunda cyane bihebuje. Mu birori by’agahebuzo Meddy hashize igihe akoze ubukwe n’uyu mugore …

Apucuri,Disi reba ukuntu Meddy n’umuryango bibereyeho mu buryohe bw’urukundo n’ibyishimo baterwa n’umwana wabo (Reba Amafoto) Read More

Mukobwa banza utekereze neza kuri ibi bintu uko ari 5 mbere yo kwambarira ubusa umusore mukundana utazicuza nyuma

Buri muntu ukunze gusanga afite umutimanama we ndetse n’amahame ye bwite agenderaho ahanini harimo gutinya gukora icyaha cyangwa se n’ibindi , gusa akenshi iyo umukobwa yemereye umusore ko baryamana aramwihebera …

Mukobwa banza utekereze neza kuri ibi bintu uko ari 5 mbere yo kwambarira ubusa umusore mukundana utazicuza nyuma Read More