MBIGENZE NTE? Umukobwa dukundana namwishyuriye amashuri akiyarangiza anca inyuma aterwa inda n’undi utari njye!

Burya koko ngo urukundo nta gisobanuro cya nyacyo wapfa kurubonera , rimwe biba biryoshye , ariko nanone kurundi ruhande hari igihe ibintu bikubaho ukayoberwa uko wakwifata , ukabura uko wabyitwaramo  …

MBIGENZE NTE? Umukobwa dukundana namwishyuriye amashuri akiyarangiza anca inyuma aterwa inda n’undi utari njye! Read More

Zuchu yeruye avuga agahinda n’ishavu aterwa no kuba nta narimwe arajya mu rukundo ngo yishime ahubwo yisanga yigunze ari kurira

Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Tanzania Zuchu,  mu magambo arimo agahinda n’amaganya menshi yatangaje ko atajya ahirwa mu rukundo kuko igihe cyose abigerageje birangira ababaye kandi yarabyinjiyemo akurikiranye ibyishimo. Umuhanzikazi …

Zuchu yeruye avuga agahinda n’ishavu aterwa no kuba nta narimwe arajya mu rukundo ngo yishime ahubwo yisanga yigunze ari kurira Read More

Kugirango asohokane umukunzi we I Dubai, umukozi wa banki w’imyaka 25 yibye akayabo k’asaga miliyoni122 kuri konti z’abakiriya

Emmanuel Sekyi Afriyie, umukozi w’imwe muri banki zikomeye muri Ghana yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano , nyuma y’uko yari amaze kwiba akayabo ka (GH¢1.2m) angana n’asaga miliyoni 122 z’amafaranga y’u …

Kugirango asohokane umukunzi we I Dubai, umukozi wa banki w’imyaka 25 yibye akayabo k’asaga miliyoni122 kuri konti z’abakiriya Read More

Menya amoko 6 y’urukundo wakunda ukanakundwakazwamo utazibeshya ukaba wanarenganya ugukunda

Usanga abantu benshi badakunda cyangwa se ngo bakundwe mu buryo bumwe bitewe n’uko hari ubwoko bwinshi bw’urukundo bityo bigatuma hari n’abantu benshi bakundwa ariko ntibishimire urukundo bahabwa ndetse rimwe na …

Menya amoko 6 y’urukundo wakunda ukanakundwakazwamo utazibeshya ukaba wanarenganya ugukunda Read More

Ibyanjye n’umukobwa twahuriye mu kabari none akaba ashaka ko tubana / Nimungire inama numve icyo nakora

Urukundo rwa babiri kirazira kurwivangano, gusa hari ubwo umwe muri bo aba akeneye inama mbere y’uko arukomeza ari nayo mpamvu umusore yatwandikiye atugisha inama ngo amenye niba kwemera ibyo uyu …

Ibyanjye n’umukobwa twahuriye mu kabari none akaba ashaka ko tubana / Nimungire inama numve icyo nakora Read More

Isimbi Noeline ukina filime z’urukozasoni ari murukundo? Dore amagambo amaze kurenza ku amafoto mashya yashyize hanze

Isimbi Noeline n’umukobwa w’umunyarwandakazi wigeze no kwitabira irushanwa rya Miss Rwanda , maze nyuma yaho uyu mukobwa akaza kwishora mu mwuga w’uburaya , Aha umuntu akibaza niba nk’uyu mukobwa yagira …

Isimbi Noeline ukina filime z’urukozasoni ari murukundo? Dore amagambo amaze kurenza ku amafoto mashya yashyize hanze Read More

Bmjizzo wakoze indirimbo ya The Ben na Diamond ‘Why’ yambikiye impeta umukunzi we uzwi muri filime nyarwanda Zanzibar (Amafoto)

Julien Bmjizzo wakoze indirimbo zikomeye zirimo ‘Why’ Diamond Platnumz yahuriyemo na The Ben yambitse umpeta umukinnyi wa filime Sugira Florence wamenyekanye akinana na Makanika. Nk’uko babigaragaje babicishije ku mbuga nkoranyambaga …

Bmjizzo wakoze indirimbo ya The Ben na Diamond ‘Why’ yambikiye impeta umukunzi we uzwi muri filime nyarwanda Zanzibar (Amafoto) Read More

Miss Naomie ntakiri isugi ukundi? Reba amafoto y’ubuzima bw’umunyenga we n’umukunzi we bibereyemo muri Gabon

Miss Rwanda 2020 Ishimwe Naomie abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ubuzima buryohereye amazemo iminsi mu gihugu cya Gabon ari kumwe n’umukunzi we Michael Tesfay bari bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo …

Miss Naomie ntakiri isugi ukundi? Reba amafoto y’ubuzima bw’umunyenga we n’umukunzi we bibereyemo muri Gabon Read More

Niba uri umusore dore ibintu byagufasha gutinyuka ukegera umukobwa watinyaga kandi umukunda

Abahungu benshi usanga bakunze kugira ikibazo cyo gutinya kuvugisha umukobwa bahuye bwambere , kuburyo hari abo bikomerera gutangira ijambo bikamera nko kwasa kw’ibuye , aha ugasanga umuhungu yabona umukobwa akamukunda …

Niba uri umusore dore ibintu byagufasha gutinyuka ukegera umukobwa watinyaga kandi umukunda Read More