Harabura iminsi itabarirwa ku ntoki ngo Amavubi atangire ijonjora ry’igikombe cy’Isi , Ese iby’umutoza bigeze he?

Harabura iminsi itageze ku kwezi ngo u Rwanda rutangire ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 ariko umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi , kugeza na nubu ntago aratangazwa. Umuvugizi wungirije …

Harabura iminsi itabarirwa ku ntoki ngo Amavubi atangire ijonjora ry’igikombe cy’Isi , Ese iby’umutoza bigeze he? Read More

Joseph Kabungo yasize ubuzima mu mukino w’amajonjora y’igikombe cy’isi 2022 waberaga muri Nigeria.

Joseph Kabungo wari witabiriye umukino w’amajonjora y’amakipe ari guhatanira kuzakina mu gikombe cy’isi cya 2022 yapfiriye muri Stade yaberagamo umukino wahuzaga Ghana na Nigeria nyuma y’ubwumvikane bucye bwajemo n’imirwano karundura. …

Joseph Kabungo yasize ubuzima mu mukino w’amajonjora y’igikombe cy’isi 2022 waberaga muri Nigeria. Read More