U Rwanda ruri mu bihugu bine bya Afurika byafunguriwe amarembo i Burayi

Inama yahuje ibihugu by’i Burayi yemeje gusubukura ingendo ziza muri ibyo bihugu guhera tariki 01 Nyakanga 2020.


Ku ikubitiro, abaturage bo mu bihugu 14 ni bo bemerewe kwerekeza mu muryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’i Burayi (UE) kubera kurwanya neza COVID-19.

Abaturage bo mu bihugu nka Leta zunze Ubumwe za Amerika, u Burusiya na Turkiya ntibari muri abo bemerewe.

Ibyo bihugu byemerewe ni Australia, Canada, Koreya y’Epfo, u Buyapani, Nouvelle-Zélande, u Rwanda, Thaïlande, Uruguay, Algérie, Maroc, Tunisie, Géorgie, Monténégro, na Serbia.

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.