Umubyeyi wa Bukuru Christophe ukinira APR FC yitabye Imana

Se wa Bukuru Christophe ukinira APR FC yitabye Imana kuri iki Cyumweru azize uburwayi, bikaba byatangajwe n’ikipe ya APR FC

Umubyeyi wa Bukuru Christophe ukinira APR FC yitabye Imana

Umubyeyi wa Bukuru Christophe ukinira APR FC yitabye Imana

Rwabarinda Omar, umubyeyi wa Bukuru Christophe yitabye Imana kuri iki Cyumweru azize uburwayi, bikaba byatangajwe n’ikipe ya APR FC ibinyujije ku rubuga rwayo rwa interineti, aho yihanganishaga uyu mukinnyi ndetse n’umuryango we muri rusange.

Bagize bati “Ubuyobozi bwa APR FC burihanganisha umuryango wa Bukuru Christopher, umuryango mugari wa APR FC n’abakunzi ba ruhago muri rusange nyuma y’urupfu rw’umubyeyi we.”

“Ni inkuru y’incamugongo yamenyekanye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru Tariki 13 Nzeri ko umubyeyi wa Bukuru Christopher ukinira APR FC yitabye Imana azize uburwayi. Uyu mubyeyi Rwabarinda Omar akaba yatabarutse afite imyaka 77 nyuma yo y’iminsi arwaye.”

“Imana yakire mu bayo umubyeyi wacu.”

Yitabye Imana afite imyaka 77

Yitabye Imana afite imyaka 77

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.