Umwe mu nyeshyamba zateye mu kinigi zikica abaturage 8 yavuze byinshi kuri icyo gitero (Video)

Habumukiza Theoneste wari uzwi ku izina rya Antreparanthèse mu nyeshyamba, akaba n’umwe mu nyeshyamba zagabye igitero mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, yasobanuye byinshi kuri icyo gitero.

Habumukiza yarangije kaminuza, muri Kaminuza y’u Rwanda mu cyahoze ari ’SFB’, arangije abona akazi aho yakoraga muri Sosiyete y’ubwishingizi ya Radiant.

Nyuma yaje kujya mu mitwe irwanya Leta y’u Rwanda, akaba yaraje gufatwa n’ingabo za Kongo Kinshasa, akoherezwa mu Rwanda hamwe n’abandi 56 ndetse n’umusivili umwe.

Umva uko asobanura iby’igitero cyo mu Kinigi

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.