Video: Abatambara udupfukamunwa bagiye gufungwa banacibwe amande – CP Kabera

Mu kiganiro yagiranye na KT Radio, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP Kabera John Bosco, yavuze ko abantu barenga ku mabwiriza yo kwambara udupfukamunwa bakajya mu muhanda, baba bagenda n’amaguru cyangwa se bari ku binyabiziga bagiye gutangira gufatwa bagafungwa, ndetse bagacibwa n’amande.


Ni mu gihe amabwiriza mashya ya Guverinoma yo kwirinda icyorezo cya Covid-19, asaba abantu bose kwambara udupfukamunwa igihe cyose basohotse mu ngo zabo, ndetse n’igihebari mu bantu benshi.

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.