Wari uzi ko kuba Ikinyabibiri ari uburwayi buvurwa bugakira?

Kuba Ikinyabibiri benshi basanzwe bazi ko ari inenge umuntu avukana akaba yayisazana, ariko umuganga waganiriye na KT Radio yagaragaje ko kuba ikinyabibiri ari uburwayi ushobora gufatirana kare bukavurwa bugakira.

Facebook Comments Box

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.